Ubuzima
Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina ahita yitaba Imana.
Umusore witwa Nelson Mollel w'imyaka 32 utuye mu ntara ya Arusha muri Tanzania yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina bimuviramo...
Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.
Umugabo wo muri Pakistan witwa Dr Sardar Jan Mohammad ufite abagore batatu ari mu byishishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60
Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu
Umukinyi w'umupira w'amaguru witwa Philemon Mulala, ukomoka muri Zambia yariwe nimbwa ze eshatu kugeza ashyizemo umwuka aho yari atuye...
Perezida Kagame yihanganishije imiryango y'abana babanyeshuri...
Polisi y’u Rwanda yemeje ko abana 25, umushoferi n’umwalimu aribo bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri biga kuri...
Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye
Perezida wa Senegal Macky Sall, ya shyizeho icyunamo cy'iminsi itatu mu kunamira abantu 40 baguye muri Bus ebyiri zagonganye kuri...
Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa...
Minisitiri w'Ubuzima muri Tanzania Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi bashaka gukoresha...
Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe...
Umuryango wabantu umunani muri Amerika bishwe na nyiri rugo nawe arirasa nyuma yaho umugore amusabye gatanya.
Ibinyabiziga bitwarwa na Gerayo Amahoro ntampanuka zaba...
Umuvugizi wa Police y'Urwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko yaba Gerayo amahoro ari yo itwara ibinyabiziga ntampanuka zakagiye ziba...
Ibiciro by'umuti wa Sida byashyizwe ahagaragara.
FDA yatangaje umuti witwa (Sunlenca) nyuma yo gukorerwa ubushakashatsi basanze uyu muti uvura Sida, ariko ibiciro byawo bizabona umugabo...
Ibinini byo gukuramo inda bigiye kujya bicuruzwa mu maduka
Bwambere muri Amerika byemejwe ko ibinini byo gukuramo inda bigiye kujya bicuruzwa mu maduka
